BVN Rwanda

BVN Rwanda

Share

Entertainments
advertisements
live shows
local update news

31/05/2026

ngayo nguko ibya regan🥹🥹🥲

Photos from BVN Rwanda's post 29/05/2026

Imbere ya Perezida Kagame, Petro de Luanda yasanze RSSB Tigers ku mukino wa nyuma wa BAL 2026

29/05/2026

ese koko wemeye ko yakirirye agakiza

29/05/2026

Iranzi The Rapper uherutse gutandukana n’umuryango ufasha abana wa Sherrie Silver Foundation, yasabye imbabazi avuga ko yashutswe n’inshuti mbi, yemera ko ibyo yakoze bidakwiye, asaba guhabwa andi mahirwe.
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, Iranzi w’imyaka 17 y’amavuko yasangije abamukurikira ibaruwa ifunguye yandikiye Sherrie Silver washinze uyu muryango.
Iranzi yagize ati “Ndasaba imbabazi umuryango wa Sherrie Silver Foundation ku bw’ikiganiro gisebanya nakoze, narahubutse, narashutswe. Ntacyo naburanye Sherrie Silver, baramfashije, bita ku muryango wanjye , batuma mumenya, murankunda.”
“Inama bangiriye sinazumvishe, ariko igihe cyarageze numva ko bikwiye kumva inama z’abakuze kuko ndacyari umwana. Nayobejwe n’umujinya n’inshuti mbi. Ngomba gukunda ishuri, nkumvira, umuziki ukaza nabanje kwiga nk’uko Sherrie Silver Foundation ihora ibidusaba. Ntandukanye n’ingeso mbi zose.”
Ku wa Kane, tariki ya 27 Gicurasi 2026 nibwo uyu muraperi ufite n’impano yo kubyina yari yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gutandukana n’umuryango wa Sherrie Silver Foundation. www.bvnrwanda.com

27/05/2026

ese Butera Knowless umukundira iki?

27/05/2026

ese yago arahanura?? koko

27/05/2026

ese ubona muyango hari umukobwa mu rwanda umurusha ubwiza

27/05/2026
22/05/2026

uyu ati njye namukubita

IKIMASA GISA NKA TRUMP CYACIYE IBINTU MURI BANGLADESH - BVNRWANDA.COM - Breaking Verified News from Rwanda and Beyond 22/05/2026

https://bvnrwanda.com/2026/05/22/ikimasa-gisa-nka-trump-cyaciye-ibintu-muri-bangladesh/

IKIMASA GISA NKA TRUMP CYACIYE IBINTU MURI BANGLADESH - BVNRWANDA.COM - Breaking Verified News from Rwanda and Beyond Mu rwuri rwo muri Bangladesh hakomeje kuvugwa inkuru y’ikimasa abaturage bise “Donald Trump” kubera uburyo giteye n’imiterere y’ubwoya gifite ku mutwe bisa n’imisatsi ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Nyiri uru rwuri, Ziauddin Mridha, yavuze ko yaguze iki kimasa ...

Want your school to be the top-listed School/college in Kigali?

Click here to claim your Sponsored Listing.

Location

Category

Telephone

Address

Kigali